
Minisitiri w’ingabo w’Afurika y’epfo Nosiviwe Mapisa-Nqakula yavuze ko ingabo z’u Rwanda zitagombaga kugera mu ntara ya Cabo Delgado mu majyaruguru ya Mozambique mbere yuko ingabo z’ibihugu byo mu karere zihagera.
Madamu Nosiviwe yavuze ko uko kuhagera mbere kutemeranyijweho n’abakuru b’ibihugu byo mu muryango w’ubukungu uhuza ibihugu by’amajyepfo y’Afurika (SADC).
Yagize ati: « Birababaje kubona iri yoherezwa riba mbere y’iyoherezwa ry’ingabo za SADC, kuko uko umubano hagati y’u Rwanda na Mozambique waba umeze kose, umuntu yakwiteze ko u Rwanda rujya muri Mozambique hagendewe ku butumwa bwatanzwe n’abakuru b’ibihugu bo mu karere ka SADC ».
Leta y’u Rwanda ivuga ko izo ngabo zagiyeyo hakurikijwe « amasezerano menshi » ibihugu byombi bifitanye yasinywe mu 2018.
Kanda aha usome iyi nkuru ku buryo burambuye ku rubuga rwa BBC
589523 71118A thoughtful insight and ideas I will use on my weblog. Youve certainly spent plenty of time on this. Thank you! 610330
902832 116091Hi! Someone in my Facebook group shared this website with us so I came to check it out. Im surely loving the info. Im book-marking and is going to be tweeting this to my followers! Outstanding weblog and wonderful design and style. 568734
891808 957796I like this weblog it is a master piece! Glad I discovered this on google. 862047
of course like your web-site but you need to test the spelling on several of your posts. A number of them are rife with spelling problems and I in finding it very bothersome to tell the reality then again I will certainly come back again.