Madame Hillary Clinton ati:" Umutwe wa M23 ugomba guseswa ku mbaraga kandi abayobozi bawo bagashyikirizwa ubutabera"!
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 07/08/2012 ubwo yabonanaga n’abanyamakuru i Pretoria mugihugu cy’Afurika y’Epfo , umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Madame Hillary Clinton yongenye gusaba ibihugu byo muri Afurika yo hagati gufatanya bikarwanya...